Iyi mbumbanyigisho irasobanura ubumenyi n’ubushobozi bukenewe kugira ngo uwiga abashe gukoresha neza Ikinyarwanda atoza abandi ku ngingo zinyuranye.
Nyuma y’iri somo, uwiga azaba ashobora gukoresha ubuvanganzo nyarwanda ashyikirana n’abandi, gukoresha Ikinyarwanda kiboneye atoza abandi kugendana n’ikerekezo k’Igihugu no gukoresha Ikinyarwanda kinoze yitoza inshingano zinyuranye z’ubuyobozi.
Ubushobozi fatizo
Ikinyarwanda cy’Umukangurambaga
Uburyo bwo gusuzuma
Amasuzumabumenyi ateganyijwe muri iyi mbumbanyigisho ari mu byiciro bibiri by’ingenzi: amasuzuma mbonezanyigisho n’ikizamini k’indunduro. Hazatangwa nibura isuzuma mbonezanyigisho ku mpera za buri mbumbe, rikazaza ryiyongera kuri mikoro inyuranye izaba yakozwe kandi umunyeshuri akaba agomba kubitsinda ku gipimo cya 70% kugira ngo abashe kwiga igice gikurikiraho. Nyuma yo kwiga ibingana na 70%, hazatangwa isuzuma ry’inkubirahamwe kandi umunyeshuri akaba agomba kuritsinda ku gipimo cya 50% nibura. Ikizamini k’indunduro cyo kizategurwa kandi gitangwe nyuma y’uko imbumbanyigisho yose imaze kwigishwa, aho umunyeshuri asabwa gutsindira nibura kuri 50%.Iyi mbumbanyigisho irasobanura ubumenyi n’ubushobozi bukenewe kugira ngo uwiga abashe gukoresha neza Ikinyarwanda atoza abandi ku ngingo zinyuranye.
Nyuma y’iri somo, uwiga azaba ashobora gukoresha ubuvanganzo nyarwanda ashyikirana n’abandi, gukoresha Ikinyarwanda kiboneye atoza abandi kugendana n’ikerekezo k’Igihugu no gukoresha Ikinyarwanda kinoze yitoza inshingano zinyuranye z’ubuyobozi.
Ubushobozi fatizo
Ikinyarwanda cy’Umukangurambaga
Uburyo bwo gusuzuma
Amasuzumabumenyi ateganyijwe muri iyi mbumbanyigisho ari mu byiciro bibiri by’ingenzi: amasuzuma mbonezanyigisho n’ikizamini k’indunduro. Hazatangwa nibura isuzuma mbonezanyigisho ku mpera za buri mbumbe, rikazaza ryiyongera kuri mikoro inyuranye izaba yakozwe kandi umunyeshuri akaba agomba kubitsinda ku gipimo cya 70% kugira ngo abashe kwiga igice gikurikiraho. Nyuma yo kwiga ibingana na 70%, hazatangwa isuzuma ry’inkubirahamwe kandi umunyeshuri akaba agomba kuritsinda ku gipimo cya 50% nibura. Ikizamini k’indunduro cyo kizategurwa kandi gitangwe nyuma y’uko imbumbanyigisho yose imaze kwigishwa, aho umunyeshuri asabwa gutsindira nibura kuri 50%.Iyi mbumbanyigisho irasobanura ubumenyi n’ubushobozi bukenewe kugira ngo uwiga abashe gukoresha neza Ikinyarwanda atoza abandi ku ngingo zinyuranye.
Nyuma y’iri somo, uwiga azaba ashobora gukoresha ubuvanganzo nyarwanda ashyikirana n’abandi, gukoresha Ikinyarwanda kiboneye atoza abandi kugendana n’ikerekezo k’Igihugu no gukoresha Ikinyarwanda kinoze yitoza inshingano zinyuranye z’ubuyobozi.This module describes the skills, knowledge and attitudes required to communicate
effectively at the workplace. In fact, the trainee will be able to write trade related texts
including essays and professional documents, describe events, deliver appropriately
impromptu speech and perform professional interviews. The trainee will be able to read,
listen and summarise effectively. Once this module is well delivered the trainee will be
equipped with necessary skills to communicate in English at workplace.